in

Mu Rwanda: Umwana w’umukobwa wagaragaye y’igira ku matara yo ku muhanda yazamuye amarangamutima ya bamwe (Amafoto)

Mu Rwanda: Umwana w’umukobwa wagaragaye y’igira ku matara yo ku muhanda yazamuye amarangamutima ya bamwe (Amafoto)

Mu Karere ka Kayonza mu murenge wa Nyamirama ni ho uyu mwana wafotowe ari kwigira ku matara yo ku muhanda atuye.

Uyu mwana yavuze ko aba yaje kwiga kuko aho batuye nta muriro bagira ndetse avuga ko n’aho baba bakodesha.

Gusa ibyo kuba batagira umuriro w’amashanyarazi mu nzu babamo bisa n’aho yabyirengagije ahubwo akirwanaho mu buryo ubwo aribwo bwose bwamufasha kubona uko asubira mu masomo ye.

Muri aya mafoto uyu mwana aba yazanye n’agatebe ari bwandikireho mu buryo bwo kwiyeranja.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Mu gihe cyose urwanira iby’abandi ibyawe biribwa n’abarya iby’indangare” Tom Close

Hamenyekanye amakuru mashya y’irushanwa rya Miss Rwanda.