in , ,

Mu Rwanda: Abakobwa bari bivuganye umu pasiteri wabahanuriye ko bazabona abagabo muri 2021, none ngo babuze nubabaza izina (Video)

Ku mbuga nkoranyamabaga hakomeje gucicikana amashusho agaragaza abakobwa bari gushwana n’umudamu bivugwa ko ari pasiteri aho bamushinja ko yabahanuriye ko bazabona abagabo mu mwaka dusoje wa 2021 ariko ngo amaso akaba yaraheze mu kirere.

Mu mashusho, aba bakobwa baba bavuga ko uyu mudamu yabahanuriye ko mu mwaka wa 2021 bagombaga kubonamo abagabo ndetse bamwe bakabona amashuri ariko ngo umwaka ukaba wararangiye ntanakimwe babonye, bakaba bemeza ko uyu mu pasiteri yabatuburiye.

Kurundi ruhande ariko, uyu mudamu we yumvikana abwira aba bakobwa ko ibyo yabahanuriye aribyo ahubwo ibyaba byabo aribyo bituma amasezerano adasohora bityo ko atari umutekamutwe. Akaba abwira aba bakobwa ko ibyo yabahanuriye bizasohora ariko ngo nibabanze bareke ibyaha bakora.

Reba amashusho uko byari byifashe

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Iyakaremye Dieudonne
Iyakaremye Dieudonne
2 years ago

Ubu.di se bagiye biringira amasengesho yabo

Iyakaremye Dieudonne 0788673335
Iyakaremye Dieudonne 0788673335
2 years ago

Nibihangane

Sobanukirwa migraine, umutwe w’uruhande rumwe

Ibyabaye ku munyamakuru Ndahiro Valens Papy ubwo yari yagiye gutara inkuru byasekeje abantu (video)