Itahiwacu Bruce kuri ubu umaze ku aka izina rikomeye mu Rwanda ariryo Bruce Melodie ku ijoro ryo kuri uyu wa Kane 20 Ukwakira 2022 nibwo uyu muhanzi yafashe rutemikirere yerekeza mu Budage kujya gususurutswa abanyarwanda n’inshuti zabo bahatuye.

Bruce Melodie uri mu bahanzi bafite agatubutse mu Rwanda akomeje kwagura ibikorwa bye ajya gukorera ibitaramo bye byinshi mu mahanga byumwihariko ku mugabane w’uburayi.
Nk’uko Bruce Melodie yabitangaje yavuze ko atajya we no gutaramira muri iki gihugu gusa kuko yatangaje ko azahafatira Amashusho y’indirimbo ze ebyiri yitegura gushyira hanze.
Indirimbo aherutse gusohora yakoranye n’umuhanzi innos b wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubu nayo a ze kurebwa n’abarenga miliyoni 1.1