in

Mohamed Salah yahaye ubutumwa bukomeye inshuti ye Sadio Mane

Nyuma y’uko hagiye havugwa kutumvikana hagati y’abakinnyi babiri mohamed salah na Sadio Mane bitewe no gushaka guhora umwe ayoboye ubusatirizi bwa Liverpool.

Kuri uyu munsi mohamed sahal yifurije ishya n’ihirwe mugenzi Sadio mane werekeje muri Bayern Munich aho yamubwiye ko i Liverpool bazamukubura .

Hagiye habaho guhanga hagati ya mohamed sahal na Sadio mane bitewe n’ibihugu bavukamo bihora bihanganye .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi nyarwanda arashinjwa gusiba indirimbo ya bagenzi be kuri YouTube

Yolo The Queen yemeye ikintu gikomeye agiye gukorera abafana be bataramubona