in

Menya uburyo abakobwa benshi batwita inda za basaza babo kandi batarigize baryamana, ubu ni nabwo buryo umuntu atwara inda atarahuye n’umugabo

Menya uburyo abakobwa benshi batwita inda za basaza babo kandi batarigize baryamana, ubu ni nabwo buryo umuntu atwara inda atarahuye n’umugabo.

Ubusanzwe iyo tubonye umugore utwite ntakindi dutekereza uretse ko twese dutekereza ko yahuye n’umugabo ubundi agasama.

Siko umuntu wese utwite aba yarakoze imibonano mpuzabitsina gusa 99.90% batwita baba bakoze imibonano mpuza bitsina.

Hari ubundi buryo bubiri umugore asamamo inda atakoze imibonano mpuza bitsina.

1.Guterwa intanga: ubu buryo bwo umuntu aba yabigizemo uruhare, kuko ntago wajya kwiteza intanga utabishaka.

2. Ubundi buryo ni igihe intanga ngabo aho zaturuka hose zikegera igitsina cyawe zihita zinjira ako kanya, aha niho usanga abakobwa babyarana na basaza babo batabizi,, uti ibi bigenda gute?.

Yego nibyo byakugora ku byumva gusa biroroshye, kugirango umukobwa atware inda ya musaza we kandi batakoze imibonano mpuzabitsina. ni igihe umuhungu yisohoreyeho, ubundi akaba yakwihanaguza isume ahuriyeho na mushiki we, birumvikana niba intanga ngabo ze zafashe kuri ya sume n’umukobwa akayihanaguza, yagira ibyago agahuza na hahandi intanga ngabo zafashe, zirahita zinjira ntagushidikanya.

Ubwo niba intanga zinjiye muri ubwo buryo, kandi umukobwa ari mubihe byo gusama , ntakabuza aba agomba gusama.

Gusa ibi ntago biba kuri bashiki na basaza gusa ahubwo biba no ku mugore n’umugabo, gusa bo ntibabimenya kuko baba basanzwe bakora inshingano zabo.

Ni nayo mpamvu urugo rwose rubamo umusore, abakobwa baho baba bafite ibyago byo gusama inda zitateganyijwe kandi mu buryo batazi.

Bakobwa namwe badamu mujye mwirinda kwihanagura mu myanya y’ibanga yanyu mukoresheje ibyo mubonye byose kuko utamenya ibiriho.

 

 

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ubuse ni gitose ra?” Umunyarwenya Mitsutsu yongeye kuvugisha abantu bitewe n’ikintu yatse umudamu agacyeka ko gitose (video)

Uyu mukinnyi ntasanzwe: Cristiano Ronaldo akomeje kwandika amateka bucece