in

“Mbega ubwiza budashira irora” amarushanwa arakomeje rwabuze gica

Amarushanwa arakomeje hagati yaba bagabo “miss GITI na miss RUSINE” paka batore umwiza muri bo.

Umwe ari kwigiza nkana ngo niwe mwiza undi nawe ati: ninge mwiza habuze uwegukana ikamba.

Burya koko kuba umu sitari nibyiza imbuga nkoranya mbaga ziri gutera imbere kuburyo budasanzwe.

Hari kwibazwa ngo, ko mister Rwanda yarangiye iyi yo barayita ngwiki.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mushiki wa Cristiano yasabye musaza we gufata icyemezo gikakaye nyuma y’ibyo umutoza wa Portugal yamukoreye we avuga ko yamusuzuguje

Ikipe ya APR WBBC yerekeje mu gihugu cya Mozambique aho igiye guhatana mu irushanwa rya FIBA