in

Marina yaciye amazimwe ku rukundo rwe na Yvan Muziki

Mu kiganiro amahumbezi gica kuri Radio Rwanda, Marina yari umutumirwa w’umunsi.  Muri icyo kiganiro Marina yari yatumiwemo, niho yatangiye ukuri ku rukundo rwe na Yvan Muziki rumaze iminsi ruvugwa hirya no hino.

Benshi bamaze igihe bashinja Yvan Muziki ko ariwe utuma Marina azima(adakora), ariko Marina yabihakanye ndetse avuga ko ababivuga bibeshya kuko we na Yvan Muziki badakunda.

Marina yavuze ko we na Yvan Muziki ari inshuti bisanzwe ndetse ko kugeza ubu nta mukunzi afite.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Na we 2024 igombe imubere ubuki! Imitoma iri kwisukiranya hagati ya Niyo Bosco n’umukunzi we -Amafoto

Diamond Platnmuz ntakiri mu rukundo na Zuchu ukundi