in

” Kwihangana bitera kunesha” Ndimbati n’umufasha we bongeye kugirana ibihe byiza

Uwihoreye Jean Bosco uzwi muri filime ya papa sava nka Ndimbati yagaragaye ari kumwe n’umugore we bishimanye , maze ahamya ko kwihangana bitera kunesha.

Uyu mugabo uherutse kuva muri gereza nyuma yo kugirwa umwere ku byaha yashinjwaga byo kubyarana n’umukobwa utaragira imyaka y’ubukure, yanyarukiye kuri Instagram ye maze ashyira hanze ifoto ye na madamu we.

Muri iyo foto bombi bari bishimye cyane , ubona ko ari umuryango mwiza.Ndimbati yongeyeho amagambo agira ati:” kwihangana bitera kunesha ubyemere cyangwa uvuge iby’ushaka

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore urutonde rw’abahanzi nyarwanda 12 bazaririmba muri East African party, hari abari bakumbuwe cyane nka King James na Rideman

Kakubayeho wowe musore niba urarikira kuryamana n’inkumi ziteye gutya