in

Kayonza: Umugabo arahigiswa uruhindu nyuma yo gusagwa n’irari maze afata kungufu umugore w’abandi birangira amukomerekeje amugira intere

Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Nyamirama haravugwa in kururokoka y’umugabo w’imyaka 37 uri gushakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gufata ku ngufu umugore w’abandi akanamukomeretsa akamugira intere.

Aya makuru yamenyekanye ku wa Kane tariki ya 21 Nzeri 2023, aho uyu mugore w’imyaka 33 usanzwe ufite umugabo n’abana, yanyuze mu rwuri ari mu masaha y’umugoroba birangira uyu mugabo amufashe ku ngufu ndetse aranamukomeretsa cyane ku buryo uyu mugore akirwariye mu bitaro bya Rwinkwavu.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamirama, Ntagwabira Oswald yemeje aya makuru aho yabwiye Igihe dukesha iyi nkuru ko inzego z’umutekano zatangiye gufatanya n’abaturage gushakisha uyu mugabo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwatubyaye byose abishyize hanze! Kapiteni wa Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul yavuze uburyo mu ikipe biteguye gucakirana na Al Hilal Benghazi ko hari ibitameze neza

Intego ni ugusubira mu matsinda! Yamen Zelfani utoza Rayon Sports na Kapiteni Rwatubyaye Abdul bahaye ikizere aba-Rayon