in ,

Jurgen Klopp umutoza wa Liverpool afashe icyemezo cyo kugurisha rutahizamu ukomeye(Soma Impamvu)

Jurgen Klopp

Nyuma y’iminsi itari myiza na gato ikipe ya Liverpool iri gucamo, nyuma yo gutsindwa n’ikipe ziciriritse zo mu byiciro byo hasi,umutoza wayo Jurgen Klopp ibibazo byose arabishinja ubusatirizi bwe, ni nayo mpamvu yahise afata icyemezo cyo kugurisha umwe mu bakinnyi be kugirango azana uwo babanye muri Borussia Dortmund.

Jurgen Klopp mu itangazamakuru
Jurgen Klopp mu itangazamakuru

Amakuru dukesha ikinyamakuru Mirror.co.uk aravugako uyu mutoza ubwo yaganiraga n’abatoza bamwungirije, yababwiyeko yahaye igihe gihagije ba rutahizamu be ngo bigaragaze, ariko nyuma yuko abamwigaragarije yababonye, yafashe icyemezo cyo kugurisha rutahizamu we Daniel Sturridge Image result for daniel sturridge

umwongereza w’imyaka 27, uyu mutoza yahaye igihe ariko ntamwigaragarize ndetse akibasirwa n’imvune za hato na hato, kandi uyu mudage Klopp akaba avuga ko ikipe ya Liverpool Fc yiteguye gutanga Miliyoni 68 z’amapound. Ibi rero bikaba byari byitezwe na benshi bitewe nuko ikipe ya Liverpool itameze neza muri iyi minsi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ihangana rikomeye ryongeye kubyuka hagati y’umutoza Jose Mourinho na Arsene Wenger

Safi Madiba yavuze uko yatakaje ubumanzi