in ,

Safi Madiba yavuze uko yatakaje ubumanzi

Umuhanzi Safi Madiba Mu kiganiro yagiranye na KT Idols umunyamakuru yamubajije byinshi ku bukirisitu bwe anamubaza ku buzima bwe bwite burimo iby’urukundo n’uburyo yumvishe amerewe ubwo yakoraga imibonano mbuzabitsina bwa mbere

 

Safi mu gusubiza umunyamakuru mu ijwi rihishe byinshi ariko ridafite ikikango yagize ati “Yego, narayikoze nabikoze bwa mbere ndangije secondaire.”

Yongeyeho ati “Ntabwo mbyibuka neza, ndumva nari ndangije amashuri yisumbuye, ntabwo nibuka neza umwaka ariko nari ndangije secondaire.” Abajijwe uko yumvise amerewe akibikora bwa mbere yagize ati “Biragoye, ntabwo ari ibintu ku muntu utabizi kuko biza bijyanye n’igihe n’ahantu…”

Safi yibuka neza umukobwa wamwambuye ubumanzi ariko ngo nyuma yo kuryamana ntabwo bigeze bongera guhura ndetse nta makuru ye mashya aheruka. Ati “Ndamwibuka, ntabwo duheruka guhura, ntabwo nzi amakuru ye….”

Umva ikiganiro cya Safi n’umunyamakuru hano 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jurgen Klopp umutoza wa Liverpool afashe icyemezo cyo kugurisha rutahizamu ukomeye(Soma Impamvu)

Miss Shanel yongeye kwikuramo imyenda yerekana inda y’imvutsi atwite (Amafoto)