in

Iyunvire amarorerwa abera muri Musanze – video

Burya ngo buri gahugu kagira umuco wako, kandi na buri gace kagira umuco wako, no mu Rwanda niko bimeze. Musanze  ni kamwe mu turere two mu rwanda twiza, kandi tubereye ubukera rugendo, akaba ari nayo mpanvu abantu bahagana cyane.

Niyo mpanvu ugezeyo watungurwa cyane  n’akayabo ka marogi abarizwa yo, mu kiganiro Nicole na mugenzi we bagiranye na Chita bavuze ukuntu nubwo Kigali iruta Musanze, ariko Musanze ntiwayigereranya na Kigali mu bijyanye n’amarogi yo kuryama mo.

Ese nuko haba abakerarugendo benshi cyangwa nuko yaba arukubera ingeso zishobora kuba zihaba?  Nta muntu ubohamya neza!!

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

A woman who was scheduled to testify in a murder case at the Machakos High Court reportedly transformed into a goat

Ubwiza bwa mushiki wa Diamond platnumz bukomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga – AMAFOTO