in

Irashaka Champions League! Nyuma y’iminsi 3 gusa APR Fc yerekanye Thierry Froger nk’umutoza mushya wayo, yongeye kwerekana undi mutoza mushya

Kuri uyu wa Kane tariki 20 Nyakanga 2023, nibwo ikipe ya APR FC yahaye ikaze Thierry Froger ukomoka mu Bufaransa nk’umutoza wayo mushya.

Nyuma y’iminsi 3 gusa, iyi kipe iri mu myiteguro ya CAF Champions League, yagiye kwakira umutoza Adel Zrane w’imyaka 39 w’umunya-Tunisia, aje kuba umutoza wungirije wa APR F.C ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi (Physical Fitness Coach).

Yatoje amakipe arimo Simba yo muri Tanzania, Al-Wehdat Sport Club yo muri Jordan, AL-AIN Saudi Football Club yanabaye mu ikipe y’igihugu ya Mauritania.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Bigirimana Abedi yamaze gusinyira ikipe ikomeye mu Rwanda izakina imikino ny’Afurika

Yayivugiyeho amagambo adasanzwe! Sunny yishimiye bikomeye cyane gufata ifoto “Serifi” arikumwe n’umukuru w’igihugu -IFOTO