in ,

Induru z’urudaca mu ikipe y’ubufaransa

Muti byatangiye gute ?

* Byatangiye Umutoza w’ubufaransa Didier Deschamps  ,ahitamo abakinnyi b’ikipe y’ubufaransa adakurikije ubushobozi bafite mu ma club bakinamo , aho bamwe bavugije induru bibaza impamvu Karim Benzema batamufata ngo aze abakinire ahubwo D.D (Didier Deschamps) nkuko bo bamwita agahitamo gufata Giroud.

Induru zaravuze naho D.D weasubiza ko kuva ya fata Karim Benzema ntakintu nakimwe yigez akora gifatika mu ikipe y’Ubufaransa, ko we ahitamo abakinnyi akurikije ababasha kubana neza mugihe bose barikumwe (aho bishatse kuvugako uretse kudatsinda Karim atazi nokubana nabagenzibe akurikije ibyabaye hagati ye na Valbuena

*Uti bigeze hehe?

Kuri uyu wa Gatandatu aho Ikipe y’Ubufaransa yari yananiwe gutsinda ikipe ya Australiya ,kugeza aho umusifuzi abageneye penaliti y’ubuntu umukino urangira ubufaransa butsinze ibitego 2 kuri 1 cya Australie byatumye bamwe bibaza ku impamvu ki Benzema batamufashe nka rutahizamu wemewe.

Zlatan Ibrahimovic  ati : Kuba Didier  Dechamps atarafashe Karim Benzema muri 23 yafashe ngo bajye gukina igikombe cy’isi ni amakosa akomeye cyane .Ati: Ahubwo Didier Deschamps niwe wakagombye kuba ataragiye yo nku umutoza.

*Bamusubije gute?

Uwahoze ari umutoza wa Bordeaux ikipe yo mu ikiciro cyambere mu ubufaransa, Willy Sagnol akaba yarigeze anashijwa irodaruhu mu ikipe yahoze atoza F.C Bordeaux ubwo yavugaga ko abakinnyi bakomoka muri Afurika nta mupira bazi ko ari ibibaraga gusa bakoresha , yasubije Zlatan agira ati:

Tugereranyije (palmarès) Imigabo n’imigambi bya D.D na Zlatan ntabwo ari muremure watsinda ko Zlatan yagombye guceceka ahubwo akareba umupira ko ntacyo afite cyo kuvuga.

Ese wowe niba warebye matchs y’Ubufaransa urabona hari aho izagera ?

Cga ni kimwe na amavubi yacu?

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba uburyo Lionel Messi yaririye imbere y’abafana nyuma yo guhura n’uravagusenya mu gikombe cy’isi

Reba uburyo abakobwa b’abarusiyakazi bari gufata neza Cristiano Ronaldo mu gikombe cy’isi 2018