in ,

Reba uburyo abakobwa b’abarusiyakazi bari gufata neza Cristiano Ronaldo mu gikombe cy’isi 2018

Cristiano Ronaldo ni umwe mu bakinnyi bazwiho kuba barigaruriye imitima y’abakobwa batari bake hirya no hino ku isi, bitewe ahanini n’igihagararo cye ndetse n’uburyo yiyitaho. Ibi rero bikaba bituma aho agiye hose usanga abakobwa bashaka kumunezeza bamwereka ko bamwishimiye.

Ubwo ikipe ya Portugal yageraga mu gihugu cya Russia abakobwa b’abarusiyakazi bakaba barakiriye Cristiano Ronaldo bamwereka ko bamwishimiye bikomeye nkuko bigaragazwa n’aya mashusho ya Cristiano na Bagenzi bagera ku kibuga cy’indege muri Russia.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Induru z’urudaca mu ikipe y’ubufaransa

Cristiano Ronaldo arashinjwa gukora ibintu bigayitse mu gikombe cy’isi 2018