in

Ikipe ya Rayon Sports yateguje agashya izagaragaza ku munsi wejo kahawe izina riteye ubwoba abafana bashobora kuzahita bababrira ubuyobozi

Ikipe ya Rayon Sports yateguje agashya izagaragaza ku munsi wejo kahawe izina riteye ubwoba abafana bashobora kuzahita bababrira ubuyobozi

Ikipe ya Rayon Sports yateguje abafana ko ku munsi wejo bazabona agashya bamaze igihe bifuza ku ikipe yabo.

Abafana ba Rayon Sports bamaze igihe bifuza ikipe ikomeye ndetse ihangana ariko ifite abakinnyi bakomeye, ku munsi wejo iyi kipe ishobora kuzereka abafana izina rikomeye bahaye izina ‘IMASHINI NSHYA’.

Iri zina bisa nkaho hari umukinnyi ukomeye ikipe ya Rayon Sports izerekana cyangwa hakaba hari igikorwa gikomeye bateganyirije abafana b’iyi kipe batagomba gucikwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umuganura mwiza” Umunyamakuru Sandrine Isheja wa Kiss Fm, yahaye ubutumwa abakunzi be yiyambariye umwambaro mwiza aberewe nk’umunyarwandakazi – AMAFOTO

“Niki umukobwa yakora kugira ngo ashimishe umusore bakundana?” iki kibazo ubwo cyabazwaga ku mbuga nkoranyambaga cyatumye bamwe mu bakobwa bamenya bimwe mu byo abasore baba babifuza ho mu rukundo [ Ibi nibyo byifuzo abasore b’ikigali baba bafite ]