in

Ikiganiro giteye umujinya umukobwa yagiranye n’umugabo wa mukuru nyuma yo kumuca inyuma.

Umukobwa yafashe umugabo wa mukuru we yamanuriye ipantalo undi mugore mu gitanda cya mukuru we bagirana ikiganiro cyateye benshi kwikanga.

Umugabo : Bite Linda ?
Umukobwa : Meze neza.
Umugabo : Mabukwe ameze ate ? Ndimbwira ko uri kumwitaho neza.
Umukobwa : Umuryango wanjye ndi kuwitaho keretse abantu bamwe bamvangira.
Umugabo : Hmmm… ndakeka ko dufite ikintu tugomba kuganiraho, kuki tutavugana ku byabaye ejo ?
Umukobwa : Nta kintu nshaka kuganira nawe, tegereza mukuru wanjye azagaruke.
Umugabo : Ubwo se wabikora !
Umukobwa : Nakubonanye n’undi mugore mu buriri bw’umuvandimwe wanjye, none utinyutse no kumvugisha.nta soni ugira.
Umugabo : Nyizeza, uko ubitekereza siko biri.

Umukobwa : Umuvandimwe wanjye asanzwe akeka ko umuca inyuma, ibi byo sinzi uko abifata, narakwiboneye n’amaso yanjye, nta no kujya muri hoteli ! Mu rugo ! Urantengushye !

Umugabo : Ntabwo nari ngambiriye kubabaza umuvandimwe wawe kuri iki kibazo, ndagusabye ibi ntubikore, ndabibarangiriza.

Umukobwa : Mukuru wanjye akwiye gusobanukirwa umugabo yashatse.

Umugabo : Icyo ushaka cyose ndakiguha, nzi neza ko nawe ushaka kumva uburyohe bwabyo, mba nkubona uburyo unyirebeshya iyo umuvandimwe wawe atatureba. Ndatekereza ko ukeneye ikintu kimeze nk’amabiringanya.

Umukobwa : Ukomeje kuntegusha birenze uko nabitekerezaga.

Umugabo : Ndaguha rugari, reka kwigira nk’umwana ndabizi koi bi ubikeneye, Ndaza gutuma uvuza induru nimanuka hepfo downtown, ndatekereza ko icyo mvuga ucyumva.

Umukobwa : Ushaka kunkuramo ikariso ? Ushaka kuryamana na murumuna w’umugore wawe ?

Umugabo : Ni imibonano mpuzabitsina gusa.

Umukobwa : Umbabarije umutima.

Uyu mukobwa yahise afata umwanzuro wo gusangiza ubu butumwa abakunzi be ku mbugankoranyambaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yashatse gutungura umugore we akoresha ubugome ndengakamere.

Wa mwana w’igitangaza mwakunze ubwiriza kurusha abantu bakuru atunguwe ku isabukuru ye y’amavuko.