in

Igikombe cy’isi: Hakim Ziyech ukinira ikipe y’igihugu ya Morocco yemeye guheba arenga miliyoni 260

Hakim Ziyech ukinira ikipe y’igihugu ya Morocco yemeye guheba amafaranga yose yakuye mu gikombe cy’isi agahabwa abafite ibibazo by’amikoro.


Ikipe y’igihugu ya Morocco yakoze amateka akomeye mu gikombe cy’isi uyu mwaka aho yageze mu mikino ya 1/2 bwa mbere bikozwe n’ikipe ikomoka muti Afurika. Hakim Ziyech ni umwe mu bakinnyi bigaragaje cyane mu ikipe ya Morocco ndetse akaba yagombaga guhabwa ibihumbi magana abiri na mirongo itandatu n’abiri( £ 262,000) ni ukuvuga arenga miliyoni 262 z’amanyarwanda ariko yahisemo ko ibyo byose bazabiha imiryango ikennye muri Morocco aho akomoka ndetse n’abandi bakennye.
Hakim Ziyech na Morocco akinira baracakirana na Croatia mu mukino wo guhatanira umwanya was gatatu.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

FIFA igiye gushyiraho igikombe cy’isi cyagutse cy’amakipe atari ay’ibihugu

Reba ibyakubaho uhagaritse kunywa inzoga nibura amezi atatu.