in

IFOTO! Umuraperi Kendrick Lamar yabanje kwiyegereza bagenzi be bo mu Rwanda mbere y’igitaramo

Umuraperi Kendrick Lamar yahuye na bagenzi be bo mu Rwanda barimo Danny Nanone, Angel Mutoni, Kivumbi, Logan Joe, Pro Zed na Bruce The 1St.

Inyarwanda ifite amakuru avuga ko Danny Nanone witegura kumurika Album ye yise ‘Iminsi myinshi’ yabajije Kendrick Lamar uko umuhanzi ufite igitaramo cye bwite akwiye kwitwara.

Mu gusubiza, Kendrick yavuze ko ‘umuhanzi akwiye gutanga ibyo yifitemo byose agashimisha abakunzi be’.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Dramat yagaragaye mu ishusho nshya arangije asaba Imana ikintu gikomeye kizatuma abantu bamenya ibyo bahishwe -AMAFOTO

RIP Kabendera! Ni amarira n’agahinda ku maso y’uwahoze ari umunyamakurukazi kuri RBA Tijara Kabendera wapfushije musaza we -AMAFOTO