in

Ibisambo by’ingufu byibye mu iduka birangira na nyiraryo bimwibiyemo

Abakekwaho icyaha babiri batawe muri yombi na polisi muri leta ya Ondo bazira gushimuta, Folashade Akinloye mu gace ka Ofosu bamusanze mu iduka rye.

Ku wa kabiri tariki ya 20 Nzeri, abakekwa bombi bafite imyaka 35, baguwe gitumo nyuma yo gukekwaho gutera Madamu Akinloye mu iduka rye i Ofosu.

Aba basore bombi bashimuse Madamu Akinaloy ku ya 28 Kanama.

Funmilayo Odunlami, umuvugizi wa polisi muri Leta, yavuze ko abakekwa bakoresheje Toyota Camry ifite ibara ryijimye, ifite nimero AKD797AP bari gukora icyaha.

Akomeza avuga ko abashimuse bafashwe mu gihe abo bashimuse barekuwe, ati: “Biyemereye ko bakoze icyaha mu gihe abahohotewe bakijijwe nta nkomyi.

Odunlami yongeyeho ko abakekwa vuba bazashyikirizwa urukiko.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto: Tembere Hoteli imeze nk’indege igiye kubakwa mu minsi ya vuba

Wamuhanzi uherutse gutera ivi yatangaje igihe azashyira umwana mu mago