in

Hari naho atemerewe kujya: Dore amategeko atoroshye na gato umugore wa Cristiano Ronaldo agomba gukurikiza mu gihugu gishya 

Hari amategeko aremereye umugore wa Cristiano Ronaldo agiye kwiga gukurikiza bitandukanye no mu bindi bihugu by’uburayi yabagamo, kuri ubu bagiye gutura muri Arabia Saudite igihugu kigendera ku mahame ya cy’islam.

 

  • Georgina Rodriguez agomba kwambara ikanzu y’aba Islam mu gihe agiye ahantu hahurira abantu benshi. Iyo kanzu ikazajya iba iri mu mabara yijimye.
  • Agomba kwambara imyenda imukwiye neza, nta gice cye cy’umubiri kigomba kugaragara.
  • Ntiyemerewe kunywa cyangwa gutumiza inzoga, ndetse ntiyemerewe no kurya ibikomoka ku ngurube
  • Ntabwo ashobora kunywa cyangwa kurira mu ruhame mu kwezi kwa Ramadhan, ni hagati ya Werurwe na Mata.
  •  Ku bijyanye n’ubukerarugendo aho atuye, kubera ko atari Umuyisilamu, ntabwo yemerewe gusura Imijyi Yera nka Maka na Medina, ndetse n’ahandi hantu nyaburanga ndetse n’inzibutso. Mu gihe yaba abishaka yabisabira uruhushya, akaruhabwa cyangwa bakurumwima.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uwo mwaguze ububwa ntiyaguhenze” Clapton Kibonke yahawe urwamenyo nyuma yo kujya kugura ibinini by’ipasi

Reba ibyago bigutegereje niba uryama wubitse inda