in

“Gukoresha agakingirizo ntibituma umuntu aryoherwa” Bakoze inama

Abakora umwuga wo kwicuruza mu karere ka Muhanga baravuga ko bamwe mu bagabo babagana batagikozwa agakingirizo ngo kuko bituma bumva batazi ibyo batimo.

Aba bagore batangaje ibi mu nama yabahuje n’abakora ubukangurambaga bwo kwirinda SIDA.

Aba bagore bavuga ko kenshi abagabo babagana baba bashaka no kongera amafaranga ariko bagakorera aho kuko ngo nibwo umuntu yumva ko umubiri ushimishijwe nkuko babyifuza.

Bavuga ko kandi akenshi iyo umuntu yifuza gukorera aho, babanza kumuganiriza bakamubwira ibibi byo kudakoresha agakingirizo , ndetse n’ibyiza byako.

Inzego zitandukanye nazo zikora ubukangurambaga ku kwirinda virus itera SIDA , buburiraa abantu ko igihe kwifata bibananiye bakwiye kumva ko agakingirizo ari ingenzi, ati kuko kwirinda biruta kwivuza, kandi ngo SIDA ntipimishwa ijijo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yafunguye boot y’imodoka atungurwa no kubonamo Pacson! Ubuhamya bw’umuraperi Pacson wari warabaswe n’ibiyobyabwenge aza guhura na KNC mu buryo butangaje birangira amuhinduriye ubuzima – VIDEWO

FC Barcelona yamaze gutangaza ko itazakomezanya na Xavi ihita inatangaza umutoza ugiye kumusimbura