in

Eric Rutanga mu bambariye Mukunzi Yannick mu bukwe bwe bwitabiriwe n’ibyamamare

Kuri iki cyumweru nibwo Yannick Mukunzi n’umugore we bari mu birori by’ubukwe ,byabanjirijwe n’umuhango wo gusaba no gukwa , aho Yannick ari gusaba Iribagiza bafitanye abana babiri.

Ni umuhango witabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byiganjemo ibikora mu gisata cy’imikino hano mu Rwanda , abakinnyi bama kipe atandukanye , ,abanyamakuru b’imikino ndetse n’abayobozi bama kipe atandukanye mu Rwanda.

Ibi birori byabereye muri Heaven Garden ku irebero ,aho nyuma yo gusaba no gukwa , Iribagiza Joy , biteganijwe ko aba bombi bahita basezerana imbere y’Imana ,nyuma yaho abatumiwe bakirirwa n’ubundi muri Heaven Garden.

Umwe mu bagaragiye Yannick Mukunzi ni Eric Rutanga inshuti ye kuva cyera ,Yannick Mukunzi n’umugore we bari barasezeranye imbere y’amategeko mu mwaka wa 2019 ,muri Mutarama ku itariki 20 ,

Eric Rutanga yambariye inshuti ye kuva cyera Mukunzi
Eric Rutanga yambariye inshuti ye kuva cyera Mukunzi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwirukana Twizerimana Onesme, Police FC igiye gusezerera abandi bakinnyi bane biganjemo abakunda guhamagarwa mu Amavubi

Umugabo yateye rwaserera muri bisi nyuma yo kubona umugenzi arimo gutereta umugore we