in

Diamond Platnumz akoze igitangaza cyakwisukirwa na bake

 

Ni nyuma y’uko ataramiye Abanyarwanda ku munsi w’ejo, agahita yurira indege imuganisha iwabo muri Tanzania n’aho akahakorera igitaramo, nk’aho ibyo bidahagije ubu yamaze gushyitsa ibirenge ku butaka bw’u Rwanda nanone.

Ni ibintu byafashwe nk’ibitangaje, kuko si ibisanzwe ko umuhanzi akora ibitaramo bibiri mu munsi umwe, kandi bikabera mu bihugu bibiri bitandukanye.

 

Written by Mizero Lambert

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787868796

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ikihe kintu kivuga ari uko uvuze, ubasha kumva ariko utabasha kubona? – IGISUBIZO

‘Umubwiye kwambara ikariso mwarwana intambara y’inkundura’ Alyn Sano yashyize amafoto mashya hanze na we ashimangira ko kwambara ikariso birakigezweho[AMAFOTO]