in

Cristiano Ronaldo yagiranye ibihe bidasanzwe n’umuryango we (AMAFOTO)

Cristiano Ronaldo urikubarizwa ku mugabane wa Asia kuri ubu n’umuryango we ,aho yagiye gukinira ikipe ya Al-nassr Fc yo muri Saudi Arabia , yashyize hanze amafoto agaragaza ko yagiranye ibihe bidasanzwe n’umuryango we.

Ni amafoto 2 Crsitiano Ronaldo yacishije ku mbuga nkoranyamabaga ze ,ayaherekeresha amagambo agira ati:” ibihe byiza n’abakunzi banjye” arangije arenzaho umutima.

Cristiano n’abana be 4 ndetse n’umufasha we Rodriguez bagiye gukomereza ubuzima muri Saudi Arabia.

Cristiano yagaragaje ko yagiranye ibihe bidasanzwe n'umuryango we
Cristiano yagaragaje ko yagiranye ibihe bidasanzwe n’umuryango we

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inyama z’ibikeri zahenze ku isoko

Kigali: Hagaragaye umurambo wari umanitse mu giti w’umukobwa uri mu kigero k’imyaka 20 uteza urujijo mu baturage