in imikino Ntabwo byari byoroshye: Arsenal bayitereye agahinda imbere y’abakunzi bayo maze Manchester United yo yirwanaho ibona atatu hitabajwe amasengesho
in imikino, Imyidagaduro “Asigaye ameze nk’abakinnyi bakina muri Premier League”: Rutahizamu w’Amavubi yasangije abakunzi be ubuzima asigaye abayemo butandukanye cyane n’ubwo yabagamo agikina mu Rwanda -AMAFOTO
in imikino Rutahizamu w’ikipe ya Rayon yategetse bagenzi be umubare w’ibitego bagomba gutsinda Gorilla FC kugirango bihorere banayerekeko iciriritse
in imikino Abakinnyi 11 Yemen Zelfani azabanza mu kibuga ejo yagaragaje ko ashaka guhereza Gorilla FC ubutumwa itazibagirwa
in Entertainment, imikino Ku kintu cyo kunywa barindwa mubi! Abagize itsinda rya Kigali Boss Babies bari barangajwe imbere na Aliah Cool baraye bisanzuye ku cyo kunywa nyuma yo kwitabira ibirori by’ikipe itanga iminywere ukinanirwa (AMAFOTO)
in imikino Ikipe ya Rayon Sports yateguwe na Gorilla FC FERWAFA ibimenye mbere none yateguye igikorwa kiraza kuzimiza ibyari byateguwe byose
in imikino Milliyoni zikenewe kugirango ikipe ya Rayon Sports ikine umukino wa CAF Confederation Cup zakanze abantu bamenyeraga iyi kipe
in imikino “Ibise nabyo tubyite umwaku”: Ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda ikomeje kugaragaraza ko idahirwa cyane n’umukino wa mbere utangira shampiyona dore ko ihora itsindwa akavagari k’ibitego
in imikino “Byanze bikunze turazana undi rutahizamu” kubera ubuswa abataka ba Gasogi United bari kugaragaza, Perezida KNC yarahiriye kuzana undi mwataka abo akaba abashyize ku ruhande
in imikino Abantu bikanzemo: Cristiano Ronaldo na Sadio Mané batsinze akavagari k’ibitego gusa ibyo rutahizamu Cristiano Ronaldo yatsinze byo byatumye abantu bongera kumusubiza icyubahiro cye yahoranye
in imikino Barangajwe imbere na Bosi wa Kigali Boss Babies na Perezida, abakunzi ba Rayon Sports bitwikiriye ijoro bajya kwishimira ibyo abandi bavunikiye ndetse bahatangira amamiliyoni atagira ingano kugeza n’aho Kigali Boss Babies bizinguye amamiliyoni bayaha Murera (AMAFOTO)
in imikino Inkuru yabaye Kimomo: Bwa mbere mu mateka ya Rwanda Premier League ikipe iyoboye urutonde rwa shampiyona igiye kwinjiriza abafana ubuntu