in

Burya ibyo yavuze byari ukuri: Papa Cyangwe yatangaje agahinda gakomeye yatewe n’umuhanzi Davis D

Burya ibyo yavuze byari ukuri: Umuraperi Papa Cyangwe yatangaje agahinda gakomeye yatewe n’umuhanzi Davis D.

Ubwo yari ku Isibo Tv umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko ibyo yavuze mu indirimbo ye yise “Sitaki” avuga ko umuhanzi Davis D yanze ko bakorana indirimbo byari ukuri.

Papa Cyangwe yatangaje ko yari yarakoranye indirimbo na Davis D ariko nyuma akaza kumusaba ibya mirenge atari kubona akaba ari nabyo byatumye iyi ndirimbo bari barakoranye itajya hanze.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Chris Eazy yahakanye ibintu ashinjwa maze abwiza inani na rimwe ababimushinja

Ni ikihe kintu ufata ariko kitagaragara, muhorana ariko utarabona na rimwe? – Igisubizo