in

Biryogo: Umugabo yasigiwe umwana n’umugore amusanganye n’inshoreke, gusa yagaragaje igikorwa cy’ubutwari cyashimishije menshi

Kuri uyu 14 Gashyantare ni umunsi w’abakundana uzwi nka Saint Valante benshi bakomeje guhomba abakunzi babo kubera kutabashimisha mu buryo buhagije.

Ahazwi nko mu Biryogo bakunze kwita mu Marangi hari umugabo wasohokanye n’undi mugore maze umugore we amugwa gitumo ahetse umwana maze barashwana birangira umugore amusigiye umwana.

Abaturage babibonye bavuga ko ibyo uyu mugore yakoze ataribyo dore ko yasanze bicaye bari gusangira gusa.

Gusa uwo mugore avuga ko yaje abizi ko hari undi mugore bagiye gusohokana kubera ko amwoherereza umutumwa bugufi terefone y’umugabo ari umugore waruyifite.

Uwo mugore yahisemo gusubira iwabo asiga umwana maze umugabo aramufata aramuheka aritahira umugore nawe afata moto aragenda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Abakobwa bagorwa koko!” yakomeje kwigira imbere ngo arabona impano gusa ibyo aboneye iwe ni akumiro – video 

Dj Brianne ntashaka umuntu umuzanira indabyo kuri Saint Valentin, dore icyo ashaka ko bamuha – VIDEWO