in

Benshi mu batashishoje babanje kugira ngo intebe n’iza Stade ya Paris Saint-Geramain gusa si byo” intebe ziri gushyirwa muri stade Amahoro ni rurangiza[Ifoto]

“Benshi mu batashishoje babanje kugira ngo intebe n’iza Stade ya Paris Saint-Geramain gusa si byo” intebe ziri gushyirwa muri stade Amahoro ni rurangiza[Ifoto]

Sitade Amahoro bivugwa ko ari kubakwa n’abanya Turkey ikomeje kugirwa agatangaza dore ko ibyayo byose biri gushyirwa mo biri ku rwego mpuzamahanga kuva ku ntebe imyubakire Tapis n’ibindi niko bizaba bimeze.

Nyuma yo guca iryera uburyo ki intebe ziyi stade zizaba zimeze byagaragaye ko abantu bishimiye iki gikorwa remezo gihambaye kiri kubakwa ndetse kikazaba kimurika Urwanda ku rwego mpuzamahanga kuko iyi Sitade ni yuzura izaba yujuje byose bikenerwa ngo sitade ibe iyikitegererezo.

Ibitekerezo ku ifoto..

no 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ikihe kintu ufata ariko kitagaragara, muhorana ariko utarabona na rimwe? – Igisubizo

Disi niko ahora! Gloria Mukamabano yifashishije amafoto yongeye kugaragaraza icyo abantu bamukundira -AMAFOTO