in

Aya mafaranga n’abantu 1000 inaha ntibayakorera! Hamenyekanye akayabo Burna Boy yashakaga kugirango yemere kuza gutaramira i Kigali

Mu kiganiro The Choice live yagiranye na Muyoboke Alex usanzwe ugenzura abahanzi bamwe na bamwe ndetse akanategura ibitaramo, yabahishuriye ko mu minsi yashize bashatse kuzana Burna Boy i Kigali ariko bikanga.

Muyoboke yababwiye ko uyu muhanze yabaciye amafaranga menshi cyane, yabaciye million n’ibihumbi maganabiri by’idollari ($1.2 million), aya mafaranga asanga milliyari 1 n’igice y’amafaranga y’u Rwanda.

Alex akomeza avuga ko kuzana Burna Boy byaje kwanga bitewe no kutumvikana.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Alliah Cool ni inzobe ! Amashusho The Ben ari kubyinisha Alliah Cool yarikoroje -Videwo

RSB yatangaje ikintu gikomeye abacuruzi ibishyimbo bitetse hirya no hino mu Rwanda bakwiye kwitondera