in

Anita pendo na Marina batatse televiziyo udukingirizo. Amafoto

Nkuko bisanzwe buri wa gatanu kuri Televiziyo y’u Rwanda, Anita Pendo na bagenzi be Gitego na Dj Bissosso baba bari mu kiganiro kinjiza abantu muri weekend kitwa Friday Flight.

Muri iki kiganiro abantu bakaba bakunda uburyo gikorwamo ndetse n’udushya tubamo. Kuri uyu wa gatanu gahunda yari ihari yari iyo kwigisha abantu gukoresha agakinjirizo mu buryo bwo kwirinda Sida ndetse n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye.

Muri studio ya Televiziyo y’u Rwanda kandi hakaba harimo n’abahanzi batandukanye barimo Marina Debora, Riderman ndetse n’umunyamakuru uzwi nka Fatakumavuta. Aba bose bakaba bafatanyije mu gushyushya ndetse no kwijisha abantu gukoresha agakingirizo.

Abantu ariko bakaba banatangajwe n’uburyo muri studio hari hatatswemo udukingirizo tw’ubwoko butandukanye.

Reba amafoto umenye uko byari byifashe.

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana wazanye igikombe kuri finale ya AFCON muri 2008, abantu batunguwe n’uburyo yavumbutsemo inkumi y’ikimero. Reba amafoto

« Indoro ya Nibido…. » – Amafoto y’inyogosho ya Christopher yongeye gutwika kuri instagram