in

Amavubi yahita asigarana inota rimwe: Umunya-Afurika y’Epfo yandikiye FIFA ayisaba guhita yambura Amavubi amanota 3 yabonye ku mukino na Afurika y’Epfo bagahita bayabihera [videwo]

Umunya-Afurika y’Epfo yandikiye FIFA ayisaba guhita yambura Amavubi amanota 3 yabonye ku mukino na Afurika y’Epfo, bakayaha Bafana Bafana.

Sahil Ibrahim yandikiye FIFA ayisaba kwaka Amavubi amanota 3 yabonye ku mukino yatsinzemo igihugu cye.

Uyu mugabo wazanye n’ikipe ye, yagiye ku rukuta rwe rwa X, maze yandikira FIFA ayisaba ko Amavubi yakamburwa amanota atatu bakayaha Afurika y’Epfo.

Impamvu y’ibyo ni ukubera gukinishirizwa mu kibuga cyari cyuzuyemo amazi yo ku rwego rwo hejuru.

Muri iyo nyandiko ye, avuga ko umukino wakurwaho maze amanota agahabwa Afurika y’Epfo kuko ngo batashye bavunaguritse kubera gukinira mu kibuga cyibi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Yabisso
Yabisso
8 months ago

Nonese icyo kibuga ntabwo bagikiniyemo bose???bemere ko batsinzwe bareke ibyo.

Robert Cyubahiro McKenna wa RBA yasabiye Madeleine w’imyaka 97 guhabwa agashimwe kubera urukundo yeretse Amavubi mu bibi no mu byiza

Abakobwa bajya Dubai baba bagiye kuryamana n’abagabo cyangwa n’imbwa kugirango babone amafaranga! Umuntu uba muri Dubai yavuze uburyo Dubai ari ukuzimu