in

Abavandimwe b’umugabo wakubiswe bikamuviramo urupfu bakomeje kuvuga ko batazigera bamushyingura hataraza ibisubizo byo kwa muganga(Videwo )

Abavandimwe b’umugabo wakubiswe bikamuviramo urupfu bakomeje kuvuga ko batazigera bamushyingura hataraza ibisubizo byo kwa muganga.

Bivugwa ko Emmanuel Muhizi yitabye Imana nyuma yo gukubitirwa mu kabari kari ku muhanda i Kabuga, mu nkengero z’umujyi wa Kigali.

Amashusho y’uru rugomo rwabaye ku manywa y’ihangu yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, bitera umujinya benshi- cyane cyane ko amafoto yagaragaje ko hari abarebereye uyu muntu akubitwa.

Abavandimwe buyu Muhizi Emmanuel bavuze ko bazashyingura uyu nyakwigendera ari uko bagaragaje ikintu cyukuri yaba yarazize nkuko amakuru dukesha Yongwe Tv abivuga.

Hagati aho, umurambo wa nyakwigendera wajyanywe muri Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bya gihanga kugira ngo usuzumwe.

Reba Videwo hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bijou wo muri Bamenya yongeye kurikoroza kubera imiterere ye myiza idasanzwe(Amafoto)

Videwo: Kimenyi Yves na Miss Muyango ndetse n’umwana wabo bagaragaye bari mu modoka yabo idasanzwe bari kuryoherwa n’ubuzima