in

Abasirimu bose batuye i Kigali bashyizwe igorora: Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hari kubakwa imihanda ya kaburimbo muri karitsiye zitandukanye – AMAFOTO

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bufatanyije n’abaturage hari kubakwa imihanda ya kaburimbo muri karitsiye zitandukanye.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali kandi buvuga ko bwasuye aho imirimo igeze mu Murenge wa Kimironko, Akagari ka Kibagabaga mu Midugudu ya Buranga na Rugero, aharimo kubakwa imihanda ireshya na 1.92 km, imirimo ikaba igeze kuri 86%.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntubibwire abandi! Dore kode z’ibanga ziba muri telefone yawe utari uzi gukoresha aho nk’iyi [*#30#] ari kode ukoresha igihe ushaka guhamagara umuntu ariko ntabone nimero yawe kabone niyo yaba ayifite

Miss Uwase Muyango yagaragaje agahinda yagize ubwo yabonaga uburibwe umugabo we ari gucamo amusanze mu bitaro i Kigali -IFOTO