in

Abakunzi babiri bajyanye kugura udukingirizo muri pharmacy bahita badukoreshereza aho

Abantu bakubiswe n’inkuba nyuma y’uko babonye ibyo couple (umuhungu n’umukobwa) bakoreye muri pharmacy ubwo bari bagiye kugura udukingirizo ntibihanganira kutugeza mu rugo aho rwari rugiye kwambikanira.

Ni amashusho yanyujijwe ku rubuga rwa TikTok aho hagaragaye abakunzi babiri bari bagiye kugura udukingirizo muri pharmacy hanyuma bagahita batangira husomanira muri pharmacy ndetse batangira gutwarwa cyane ku buryo ntacyaburaga.

Nyuma nyiri pharmacy abonye ko ibintu byakaze yahise abirukana muro pharmacy ye hanyuma babona kugenda ariko bagononwa abandi bakiriya bagana iyo pharmacy babona kwinjira nta rwikekwe kuko ntawari arimo kwinjira abo bakunzi bakirimo gukora ibyabo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

(Amafoto) Umukobwa yaciye ibintu ubwo ikibuno cy’igikorano cyatakaraga mu bantu

Polisi ikomeje guhiga bukware umusore waroze umukobwa kumoka amuziza kumwanga.