in

Abadafite ibituza baragowe! Ibintu 6 abagore baba bashaka ko ubakorera mu ijoro ariko badashobora ku kubwira

Abadafite ibituza baragowe! Ibintu 5 abagore baba bashaka ko ubakorera mu ijoro ariko badashobora ku kubwira.

Buriya abagore ni bamwe mu bantu bagira umumezero mwinshi kandi uturuka hafi, muri make bashimishwa n’ibintu bitaremeye, rero hari byinshi umugore aba yifuza ko wamukorera ni joro ariko akaba atabikubwira.

1.Abagore baba bashaka ko wiyoroshya ndetse ukabereka amaranga mutima yawe igihe muri kuganira.

2. Abagore baba bashaka udukino twa hato na hato igihe mugeze ku buriri ariko mutari mwasinzira.

3. Abagore baba bashaka ubaganirize uko umunsi wawe wagenze ndetse n’ibyakubayeho kuri uwo munsi.

4. Abagore baba bashaka ngo ubatege amatwi bakubwire uko umunsi wabo wiriwe ndetse n’ibyo banyuzemo igihe mutari muri kumwe.

5. Abagore kandi baba bashaka ngo ubahe care ni joro cyane iyo wiriwe ku kazi mutirirwanye.

6. Abagore kandi ni abantu bakunda iyo baryamye mu bituza by’abagabo ubakorakora mu musatsi.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Benshi mumukundira ukuntu arira neza mu Kinamico! Mu mafoto, dore wa mukobwa (Mugeni Aime) umaze kwandika izina mu kinamico cyo kuri Radio Rwanda nk’umuntu uzi kurira

‘Abagabo turabonsa bo bazava ku ibere ari uko bapfuye’ Shaddy Boo yibasiye abagabo avuga ko bakunda amabere kurusha abana kuko ngo abatajya bonka wababarira ku ntoki (Umva amajwi)