in ,

‘Abagabo turabonsa bo bazava ku ibere ari uko bapfuye’ Shaddy Boo yibasiye abagabo avuga ko bakunda amabere kurusha abana kuko ngo abatajya bonka wababarira ku ntoki (Umva amajwi)

‘Abagabo turabonsa bo bazava ku ibere ari uko bapfuye’ Shaddy Boo yibasiye abagabo avuga ko bakunda amabere kurusha abana kuko ngo abatajya bonka wababarira ku ntoki (Umva amajwi)

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yibasiye abagabo abashinja ko bakunda amabere kurusha abana b’ibyariye ndetse ko bo batazigera bacuka kereka ni bapfa.

Muri aya majwi yafatiwe muri space kuri Twitter mu buryo bw’urwenya no guserereza Shaddy Boo aba avuga ko kugira ngo bamwe mu bagabo bave ku ibere byagorana.

Mu busanzwe bamwe mu bagabo bonka abagore babo mu gihe bari mu gikorwa cy’abashakanya.

Umva amajwi.. 👇🏽 

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abadafite ibituza baragowe! Ibintu 6 abagore baba bashaka ko ubakorera mu ijoro ariko badashobora ku kubwira

Aba banatwara Champions league! Abakinnyi 11 ba APR FC na RAYON SPORTS bihurije hamwe bagakora ikipe imwe ni uku baba bapanze mu kibuga ku buryo nta kipe yo muri Afurika yakandiraho (AMAFOTO)