in

Yabaye umusirikare ukomeye cyane: Ifoto ya Kayishema Tity Thierry yatumye abantu bamutinyamo bitewe n’uwo yari mbere y’uko aba umunyamakuru

Abantu bakunze gufata abanyamakuru nk’abantu basanzwe ku buryo hari abashaka kubamenyera mu buryo butandukanye gusa burya bakwiriye kujya bitonda cyane mu gihe batazi ahahise h’umuntu.

Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda Kayishema Tity Thierry ukorera Televiziyo y’igihugu mu makuru ajyanye n’imikino yatunguye abantu ubwo yashyiraga ku rubuga rwe rwa Instagram ifoto ye ya kera cyane yambaye imyambaro ya gisirikare mbese ari ngabo y’igihugu.

Kayishema azwiho ubusesenguzi budasanzwe kuri ruhago y’Isi muri rusange uyu munyamakuru yateye abantu ku mwibazaho byinshi ubwo yashyiraga ifoto kuri Instagram ye mazi akandikaho amagambo yumvikanisha uburyo yakoreye igihugu.

Ifoto ya Kayishema Tity Thierry akiri umusirikare:

Amagambo yatangaje ubwo yashyiraga iyo foto kuri Instagram ye:

Bimwe mu byo abantu bagiye bayivugaho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka zarahananiwe ariko we ahazamuka mu buryo bwe! Umuherwekazi Kate Bashabe yazamutse agasozi kananiwe na zimwe mu modoka kazwi ku izina ‘Akabazasaza’ (VIDEWO)

‘Uzajya ushyiramo umubare w’ibanga kugira ngo ritaguca inyuma’ Hari gukorwa Robo z’ingore zizajya zishyingiranwa n’abagobo bananiwe gutereta