in

Umutoza wa Gorilla Fc yasabye ubuyobozi bw’ikipe kugura abakinnyi babiri b’ibikomerezwa muri shampiyona y’u Rwanda, ikipe irabyanga ahita yigendera

Biravugwa ko umutoza Ivan Minnaert wari umutoza wa Gorilla Fc, yaba yamaze gutandukana n’iyi kipe bapfa ko ikipe itabashije gukora ibyo ayisaba.

Amakuru ahari avuga ko uyu mutoza yasabye iyi kipe kugura abakinnyi babiri bakomeye muri shampiyona y’u Rwanda , ariko ikipe ikabyanga kuko abo bakinnyi bahenze.

Uyu mutoza bivugwa ko yagejeje ikifuzo cye ku buyobozi bw’iyi kipe ngo bugure Savio ndetse na Rutanga, ariko abayobozi bakabyanga bavuga ko abo bakinnyi barenze ubushobozi bw’ikipe.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo n’umugore bafashwe amashusho basambanira mu ndege yuzuyemo abagenzi

AS Muhanga yagejeje ibirego si musiga muri FERWAFA irega Espoir FC