in

Kayumba Darina yasenye urugo rwa Chriss Eazy na Pascaline

Mu minsi yashize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hatangiye gukwirakwira amakuru, amafoto n’amashusho bivuga ko umuhanzi Chriss Eazy ndetse n’umukobwa witabiriye Miss Rwanda, Umuhoza Pascaline ko baba bari mu rukundo.

Nubwo aba bombi bavuga ko ari inshuti gusa bisanzwe, gusa burya ngo nta mwotsi ucumba nta muriro cyangwa ngo ntanduru ivugira ubusa ku musozi.

Uyu mukobwa witwa Pascaline, ntagihe kinini akunze kuba ari mu Rwanda, ndetse nubwo ayo makuru yavugwaga nabwo yari ari mu mahanga.

Andi makuru yasakaye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko Chriss Eazy na Umuhoza Pascaline bamaze gutandukana kandi ngo ubyihishe inyuma ari inshuti yabo, Kayumba Darina.

Amakuru akomeje gucacana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko ubwo Pascaline yari yaragiye hanze, Kayumba Darina ariwe wihaye inshingano agasigara ku rugo. Ubwo muri make yasigaranye Chriss Eazy.

Ibyo rero nibyo Pascaline yaje kumenya bituma bashwana baratanduka.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho agaragaza inyubako The Ben atuyemo n’umugore we yavugishije benshi – Amashusho

Umugabo n’umugore bafashwe amashusho basambanira mu ndege yuzuyemo abagenzi