Umutoza w’ikipe ya Liverpool Jurgen Klopp yasubije kimwe mu bibazo abakunzi b’umupira w’amaguru bakunda kujyaho impaka, aho yemeza ko kuri Lionel Messi arenze Cristiano Ronaldo.

Mu kiganiro yagiranye na youtube channel izwi nka freekickerz Klopp akaba yagize ati :”Messi ukurikije ukuntu ari muto mu gihagararo ariko yakora ibintu ukabona byoroshye, bituma mbona ariwe nahitamo imbere ya Cristiano, gusa Cristiano nawe ararenze ni umukinnyi wuzuye mu buryo bwose bushoboka.“