in

Umva ibitutsi biteye isoni Neymar yatutse umugabo wa Nyina

Mu minsi yashize isi yose yatunguwe no kubona umusore uri mu rukundo n’umubyeyi wa Neymar, icyatunguye abantu ntakindi nuko uyu musore witwa Tiago Ramos yifitiye imyaka 22 gusa y’amavuko byumvikanako Neymar ubwe amurusha imyaka itandatu yose. Uyu musore rero Neymar akaba atamwiyumvamo nabusa.

Muri audio zashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru cyo muri Brasil kitwa Metropoles, Neymar akaba yumvikana arimo gutuka Tiago Ramos aho yamwise “Indaya” ndetse ko agenzwa no kwicuruza. Ibi Neymar akaba yarabivuze arimo aganira n’inshuti ze gusa nazo ntizikunda uyu Tiago Ramos kuko harimo nizavugaga  ko zizamwica.

Tubibutseko Tiago Ramos na nyina wa Neymar bigeze gutanduka ho igihe gito nyuma yuko bitahuwe ko Tiago Ramos ari umutinganyi gusa nyuma y’ukwezi kumwe barongeye bariyunga.

 

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva uburyo Cristiano Ronaldo yigeze gushaka kurwana na Jose Mourinho

Amafoto ya Sacha yambaye Bikini akomeje gutuma abasore bifuza