imikino
Umva ibitutsi biteye isoni Neymar yatutse umugabo wa Nyina

Mu minsi yashize isi yose yatunguwe no kubona umusore uri mu rukundo n’umubyeyi wa Neymar, icyatunguye abantu ntakindi nuko uyu musore witwa Tiago Ramos yifitiye imyaka 22 gusa y’amavuko byumvikanako Neymar ubwe amurusha imyaka itandatu yose. Uyu musore rero Neymar akaba atamwiyumvamo nabusa.
Muri audio zashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru cyo muri Brasil kitwa Metropoles, Neymar akaba yumvikana arimo gutuka Tiago Ramos aho yamwise “Indaya” ndetse ko agenzwa no kwicuruza. Ibi Neymar akaba yarabivuze arimo aganira n’inshuti ze gusa nazo ntizikunda uyu Tiago Ramos kuko harimo nizavugaga ko zizamwica.
Tubibutseko Tiago Ramos na nyina wa Neymar bigeze gutanduka ho igihe gito nyuma yuko bitahuwe ko Tiago Ramos ari umutinganyi gusa nyuma y’ukwezi kumwe barongeye bariyunga.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda22 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
Hanze24 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Imyidagaduro18 hours ago
Bamenya yashimishije abantu bikomeye ubwo bamutunguraga ku isabukuru ye y’amavuko (AMAFOTO)
-
Ikoranabuhanga20 hours ago
Birababaje:Umwana w’imyaka 12 yapfuye aheze umwuka ubwo yakoraga《Blackout Challenge 》yo kuri Tik Tok.
-
Imyidagaduro15 hours ago
Wa mukobwa wo mu ndirimbo ikinyafu biramurenze|Noneho agiye kwiga.
-
urukundo23 hours ago
Amakosa ukwiye kugendera kure niba ushaka ko umukunzi wawe mutangiye gukundana mugumana.
-
Utuntu n'utundi20 hours ago
Uyu mugabo ni we wa mbere ku isi waciye agahigo ko kumara igihe kirekire yafunze umwuka adahumeka.
-
Izindi nkuru5 hours ago
Umugabo yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga ku ngufu n’abagore babiri barwaye SIDA bamufatiyeho imbunda.