imikino
Cristiano Ronaldo yaraye avuze amagambo akomeye ku ikipe ya Real Madrid

Cristiano Ronaldo yaraye yongeye kugaruka mu kibuga nyuma yo kumara amezi abiri yose adakina, kugaruka kwe akaba yabyitwayemo neza cyane aho yabashije gustinda igitego ku munota wa gatandatu gusa w’umukino ari nako yaboneye kugira icyo atangaza ku bintu bitandukanye bimaze iminsi bimuvugwaho.
Nyuma y’umukino rero Cristiano akaba yaganiriye n’abanyamakuru aho yabanje kugaruka ku kibazo cya Xavi uherutse kuvugako Messi arenze Cristiano kure cyane ko ntanaho bahuriye ngo kuko Messi we ariwe mukinnyi mwiza w’ibihe byose. Aho Cristiano akaba yagize icyo abivuga agira ati : “Umuntu wese aziko kugirango abone uko agaragara mu binyamakuru agomba kuvuga. Yatsindiye ibintu byinshi mu buryo bw’ikipe gusa ku giti cye nta Ballon D’or n’imwe yigeze abasha kweguka mugihe njye mfite 3 zose. Ninjye mukinnyi ushakishwa cyaneku mbuga za internet.â€
Nyuma rero Cristiano akaba yabajijwe ku bijyanye no kongera amsezerano mu ikipe ya Real Madrid maze asubiza agira ati : “Ibyo muzabibaze President (Perez)…. Iyo nzakuba ndi umuyobozi wa Real Madrid nkaba mfite umukinnyi nkanjye, namwongeza byibuze indi myaka 10 yo gukinira Real. Gusa ibintu ibungubu biri mu nzira nziza, ntakibazo na kimwe binteye na President nawe nzineza ko ntakibazo abfiteho. â€
Cristiano Ronaldo akaba yuvikanishije ko ashaka gukinira Real Madrid mpaka ahagaritse umupira w’amaguru ku myaka 41 y’amavuko.
Tubibutse ko Real Madrid yarayye itwaye umwanya wa mbere wa Championat nyuma yo gukubita Osasuna 5 kuri 2 mu gihe Barca yo yakubitiwe ku kibuga cyayo n’agakipe kavuye mu kiciro cya kabiri kitwa Alaves 2 kuri 1.
Comments
0 comments
-
Hanze19 hours ago
Wa musore ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije ukundana n’umukobwa w’ibiro 100 ari mu mazi abira.
-
Mu Rwanda11 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
inyigisho20 hours ago
Ngibi ibintu bibi cyane ukwiriye kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka|byakugiraho ingaruka utitonze.
-
Utuntu n'utundi13 hours ago
Nta muntu utazatwika: Umukecuru w’imyaka 92 akomeje gutwika imbugankoranyambaga bitewe n’amafoto akomeje gushyira hanze.
-
Utuntu n'utundi19 hours ago
Mu mafoto:Irebere ubwiza bw’ikiraro gikozwe mu birahuri|benshi cyabateye ubwoba.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Miss Ingabire Grace yavuze impamvu atakigaragara ku mbuga nkoranyambaga
-
Hanze12 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Mu Rwanda15 hours ago
Wa musore Pattel mwakunze ararize|yerekanye umukunzi we baterana imitoma.