in

Umunyamakuru Reagan Rugaju yasabye APR FC guhindura ibyo ikora ikigira ku bandi

Umunyamakuru Reagan Rugaju yavuze ibintu byafasha APR kuba igihanganjye mu Rwanda ndetse yagera no hanze ikaba igihangange kurushaho.

Reagan Rugaju yavuze APR FC ifite ubushobozi bwose bwo kugura umukinnyi wose ishaka muri Africa bityo bikayifasha gukomere.

Reagan Rugaju yasabye ubuyobozi bwa APR FC kugura abakinnyi b’abanyamahanga kuko we yavuze ko ntahantu na hamwe yabonye ikipe ikomeye ikinisha abenegihugu gusa.

Yavuze ko APR FC igomba kwigira ku yandi makipe yaba akomeye yaba ayo muri Africa cyangwa no hanze y’Afurika.

Uyu munyamakuru kandi yashimangiye ko ikipe ya APR FC ifite ubushobozi bwo gukomera kandi we akaba abona kuba baviramo mu ijonjora ry’ibanze aribo babyitera.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikarita y’ishuri izagura 20,000rwf, dore amwe mu mayeri ibigo biri gukoresha ngo byongere amafaranga

Video: Wa mukecuru wababajwe n’amavubi, yacinye akadiho ubwo AS Kigali yari imaze gutsinda