in

Umunyamakuru Anta Biganiro uri guharura inzira ze muri Murera kugira ngo ku munsi w’igikundiro azongere asome umukinnyi ku maguru, yifatanyije mu gahinda n’abayobozi bakuru ba Rayon Sports (AMAFOTO)

Umunyamakuru Anta Biganiro uri guharura inzira ze muri Murera kugira ngo ku munsi w’igikundiro azongere asome umukinnyi ku maguru, yifatanyije mu gahinda n’abayobozi bakuru ba Rayon Sports.

Mu mafoto akomeje gutembera cyane ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye harimo iy’umunyamakuru Anta ari mu gahinda kubera ikipe ya Rayon Sports.

Ni ifoto yafashwe ku mugoroba w’ejo hashize aho yari yagiye ku kibuga kureba umupira w’ikipe ya Rayon Sports ikina na Gorilla.

Ni umukino waje kurangira amakipe yombi agiye miswi ku gitego kimwe ku kindi.

Nyuma y’uwo musaruro udashimishije waje kubabaza bamwe mu bayobozi bakuru ba Rayon Sports aho bahise bifata ku munwa nyuma yo kubona umukino urangiye.

Anta ni umwe mu bantu bahamagara abakinnyi bashya ba Rayon Sports ku munsi w’igikundiro (Rayon Sports)

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Mu mazi karakubitwa agataruka’ Umusore n’umukobwa bakomeje kuba inkuru ku musozi nyuma yo kugaragara bari gukora iby’abakuru mu mazi yari arimo n’abana bato baje kwiyogera (VIDEWO)

Ese ni Rayon Sports ifatwa nk’ikipe ikomeye muri CAF cyangwa ni APR FC yamanuriwe urwego kugera aho ishyirwa mu makipe yoroshye? Hari inkuru nziza yasohotse mu ijoro abantu basinziriye gusa yasize ibibazo mu mitwe y’abafana bibazo uwo izabera nziza hagati ya Rayon Sports na Apr Fc