in

Umukunzi wacu wagenewe ishimwe ry’ukwezi kwa Mutarama 2022

Nkuko twari twarabisezeranyije abakunzi bacu n’abasomyi bacu hano kuri YEGOB ko tuzahemba umusomyi wahize abandi mu gutanga ibitekerezo byinshi kandi byubaka ku nkuru twabagejejeho muri uku kwezi kwa Mutarama 2022.

Uwahize abandi muri uku kwezi kwa Mutarama 2022 mu gutanga ibitekerezo ku nkuru zacu ni Ishimwe Irumva Bernard. Turamushimiye!

Nkuko twari twabibabwiye, Ishimwe Irumva Bernard turaza kumugenera ishimwe rye tubinyujije kuri konti ye ya Mobile Money.

Dukomeje kubashishikariza mwese gukomeza gusoma inkuru zacu, mugatanga ibitekerezo ndetse mukanasangiza inkuru zacu ku mbuga nkoranyambaga mukoresha kuko ibihembo byo mu mezi akurikira bizaba ari byinshi cyane ndetse n’abazahembwa bazaba barenze umwe.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bernard
Bernard
2 years ago

Mfashe uyu mwanya nshima ikinyamakuru (Yegob.rw) kubwimpano cyangeneye ,ntakintu gishimishisheje nko gutangirana ukwezi inkuru nziza nkiyi

Mukomereze kubunyamwuga mugaragaza ninkuru zicukumbuye Kandi ku gihe

Turabashyigikiye✊

Last edited 2 years ago by Bernard

Umukobwa wari wambariye umugeni mu bukwe yabyinishije umukwe abantu baratangara (Video)

Ni akumiro : Yashakanye na Musaza we bavukana ku babyeyi bombi