in

Umukobwa wo mu Rwanda ari mu marira nyuma yo gukunda umusore ufite uburwayi bwo mu mutwe

Umukobwa wo mu Rwanda yanditse asaba inama, nyuma y’aho akundanye n’umusore ufite uburwayi bwo mu mutwe.

Uyu mukobwa w’imyaka 19 avuga ko atewe ishavu n’abo mu muryango w’uyu musore bumva ko atamukunda kuko ari abakira bagakeka ko ashobora kuba akurikiye ubutunzi.Kuri we avuga ko akunda uyu musore atitaye ko ajya asara.

Uyu mwari yagize ati:”

Mwiriwe,ndi umukobwa w’imyaka 19 nkaba narakundanye n’umusore nubwo anduta ariko kubera arwaye utubazo two mu mutwe rimwe na rimwe asara ariko njye ndamukunda cyane pee niwe muntu mu buzima nabashije gukunda kandi nawe akaba ankunda cyane anyitaho nanjye kandi nuko ariko ikibazo gihari nuko iwabo baba bumva ko mubeshya kuko ngo bafite imitungo ari abakire baba bumva ko muryarya kandi mu byukuri ndamukunda cyane peee…none ndi kwibaza ese nzakore iki kugirango badatuma ntandukana nawe kandi nabo bazabibone ko mbakundira umuhungu wabo?”

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

”Abifata nku rwibutso” Safi Madiba yagarutse ku ndirimbo afitanye na nyakwigendera Dj Miller

Uruwigikundiro pe!! Mubwiza bwuje urukundo umubyeyi akwiye gukunda umwana -AMAFOTO