in

Ubuyobozi bwa AS Kigali bwasuzuguje abantu bose ubuyobozi bwa APR FC

AS Kigali nyuma yo kumara igihe itsinda APR FC, byatumye itangira gusuzugura ikipe ifite ibikombe byinshi bya shampiyona hano mu Rwanda.

Nshimiye Joseph wahoze ari Umunyamabanga mukuru w’ikipe ya AS Kigali yasuzuguye bikomeye ikipe ya APR FC nyuma yo kuvuga ko itazongera gutwara igikombe cya shampiyona.

Joseph kandi yavuze ko AS Kigali ariyo izatwara igikombe cya shampiyona ndetse avuga ko bitewe n’ubushobozi bw’abakinnyi ba APR FC izasoza ku mwanya wa gatanu.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Sindayigaya Eric
Sindayigaya Eric
1 year ago

Ntawabuza usinziriye kurota !!!!

Ruhango: Umugabo yagiye kuraguza apfira mu rugo rw’umupfumu

Ikizungerezi Yolo The Queen yarokotse impanuka ikomeye