in

Ubu bukwe bwabereye munsi y’amazi ni bumwe mu butangaje ku isi.

Ni kenshi uzumva abantu bagiye gukora ubukwe ,bagakodesha amahoteli,salles,imodoka zihenze zo kugendamo n’ibindi, ariko ni ubwa mbere habaye ubukwe bukabera munsi y’amazi.Ubu bukwe ni bumwe mu bwatunguye abantu cyane.

Abantu bakoresha imbuga nkoranyambaga ku isi hose baguye mukantu nyuma yo kubona amafoto yasakaye y’abageni bari kwerekeza munsi y’amazi bambaye imyenda y’ubukwe nyuma bakaza kongera kugaragazwa bari gusezerana kuzabana akaramata munsi y’amazi.

Iri sezerano rititatibiriwe nundi muntu wese uretse abageni (umugore n’umugabo) ndetse nubasezeranya byatumye abantu bifata ku gahanga baratangara bikomeye.

Ubu bukwe bwarimo abantu batatu gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kenny Sol avuze kuri wa mukobwa wamenyekanye mu ndirimbo “ikinyafu” |Kuryamana n’inkumi..

Cyore:wa mukobwa wari ufite amajwi menshi muri Miss Rwanda yakije umuriro ku bategura iri rushanwa.