in

Rutahizamu wahoze yatakira Liverpool yarokotse impanuka ikomeye cyane yari no kumwica

Rutahizamu wahoze yatakira ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza,Andy Carroll yakoze impanuka iteye ubwoba y’imodoka ariko aza kurokoka.

Andy Carroll yari atwaye imodoka ye yaguze 130,000 by’amapawundi ya Mercedes GLS SUV aho yaje kugongana na Ford Fiesta yavaga mu kindi cyerekezo.

Abatuye hafi y’umuhanda wabereyeho impanuka bavuze ko Andy Carroll yari ameze nk’umusazi kandi atangaye cyane” ubwo yavaga mu modoka ye.

Imodoka ya Andy Carroll yavuyemo ipine gusa mu gihe nta numwe iyo mpanuka yahitanye uretse umugabo wari uri mu modoka bagonganye wasohotse ataka mu gatuza.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu yishimiye igitego ahabwa ikarita ituruka nyuma baracyanga

Undi munyamakuru ukomeye mu Rwanda yafashe akaruhuko mu itangazamakuru